Umuraperi Ishi Kevin, umwe mu bari batumiwe mu gitaramo Drip City Concert yaje gukora agashya acomora ibyuma byasakazaga amajwi muri icyo gitaramo. Ishi Kevin ni we muhanzi w’umunyarwanda wagiye ku rubyiniriro nyuma y’abandi bose, yageze ku rubyiniriro amasaha yagiye kugeza n’aho yaje gukurwa ku rubyiniriro atarangije kuririmba. Ish Kevin wari wishimiwe n’abafana, ubwo yari ari […]
The post Umuraperi Ishi Kevin yakuwe ku rubyiniriro atarangije kuririmba ahita akora ibidasanzwe appeared first on YEGOB.
Powered by WPeMatico