Agaciro k’ifaranga kagenwa bitewe nuko rihagaze ugereranyije n’ifaranga ry’amerika cyangwa se Idorali ry’america. Amafaranga y’ibihugu byo muri Afurika ntakunze kugira agaciro kari hejuru bitewe ahanini n’ibibazo bya hato na hato mu bukungu bitajya bibura muri ibi bihugu. Ariko bimwe mu bihugu by’afurika byamaze gutera imbere nka Afurika yepfo bifite ifaranga ryihagazeho ugereranyije n’idorali ry’amerika. Urutonde […]
The post Urutonde rw’ibihugu 15 bifite amafaranga afite agaciro muri Afurika. u Rwanda ruri kuwuhe mwanya? appeared first on YEGOB.
Powered by WPeMatico