Mu gihe hari uburyo butandukanye abakobwa bahataniramo ikamba rya Miss Rwanda burya haba harimo n’izindi nyungu zitandukanye abakobwa bakuramo. Ubu ngubu hari irushanwa rya Miss Africa Golden, ubungubu u Rwanda rukaba ruhagarariwe na Miss Photogenic Uwicyeza Landrine. Igihe cyo gutanga iri kamba rya Miss Africa Golden kikaba cyegereje avuga ko yiteguye kuryegukana k’uburyo bitazamugora. Uyu […]
The post Ngo ubwiza bwe ni umwimerere, Uwicyeza uhagarariye u Rwanda muri Miss Africa Golden (Amafoto) appeared first on YEGOB.
Powered by WPeMatico