Umunyamulenge umwe yaravuze ati “Hari ibintu wokinisha nibyo utokinisha”. biragoye kubona umuntu ukinisha imodoka z’urwego rushinzwe umutekano noneho akagerekaho no kuyikoreraho ibitemewe. Amashusho yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga yerekena abasore babiri bari bitendetse ku modoka ya Polisi y’u Rwanda ubwo yarimo igenda. Uretse kuba ari imodoka ya polisi ubundi ishinzwe umutekano, ibyo aba basore bakoze bikaba […]
The post Ntabwoba bagira! Abasore bagaragaye bitendetse ku modoka ya Polisi y’u Rwanda appeared first on YEGOB.
Powered by WPeMatico