Pasiteri Ade Abraham wo muri komisiyo ishinzwe umurimo wa Kristo, uzwi ku izina rya Royal Christ Assembly, muri Leta ya Kaduna,muri Nigeria arashinjwa kwaka abayoboke b’itorero rye amafaranga menshi cyane abizeza ko agiye kubajyana mu ijuru bidatinze. Nk’uko amakuru abitangaza, yavuye muri leta ya Kaduna ashinga urusengero muri leta ya Ekiti aho yagiye asaba abayoboke […]
The post Umupasiteri arashinjwa kwaka akayabo abayoboke be kugirango abajyane mu ijuru appeared first on YEGOB.
Powered by WPeMatico