Umugore wo muri Ghana uzwi gusa ku izina rya Abrafi yavuze ko yamugaye nyuma yuko umugore w’umukunzi we amuvumye bitewe n”uko yasambanye n’umugabo we. Ibi yabivugiye mu kiganiro kuri Oyerepa FM, aho yinubiye uko ababaye ubu.Nk’uko Abrafi ukomoka Kumasi abitangaza ngo ntabwo yari azi ko umukunzi we yari yarashakanye n’undi muntu igihe yamushukaga. Yavuze ko […]
The post Umugore yasambanye n’umugabo w’abandi akorerwa ubugome buhambaye appeared first on YEGOB.
Powered by WPeMatico