Hari uburyo bworoshye wakoresha bukagufasha kugira ibitotsi kandi udakoresheje imiti itera gusinzira.Nibyo tugiye kurebera hamwe muri iyi nkuru: 1.Kuryamira igihe no kubyukira igihe buri munsi. Ibi bituma umubiri utegura gahunda ukurikiza ,ubwonko bukamenyera igihe cyo gusinzira n’icyo kubyukira. Akamenyero ni bumwe mu buryo bwiza bwo gusinzira neza.Bishobora kukugora kubyubahiriza amajoro yose kuko wenda hari ubwo […]
The post Menya ibanga ryagufasha gusinzira neza bitakugoye appeared first on YEGOB.
Powered by WPeMatico