Mu minsi ishize, Sadio mane yemeje ko agomba kuva muri Liverpool ndetse anatangaza ko ari abanya-Senegal babimusabye gusa ariko yaje kongera kwisubiraho avuga ko atari ukuri. Sadio Mane aganira na Canal Plus yagize ati:”Nabivuze ejo ntebya kandi biri ahantu hose. Ndatekereza ko tuzahagarikira hariya. Liverpool ni ikipe nubaha cyane. Abafana bamfashe neza kuva ku munsi […]
The post Sadio Mane yemeje ko ibyo yavugaga yabeshyaga appeared first on YEGOB.
Powered by WPeMatico