Mu karere ka Nyamasheke haravugwa inkuru ibabaje y’umunyeshuri waryamye ari muzima ariko bugacya yitabye Imana mu buryo bwatunguye abatari bake. Ibi byabereye ku ishuri ryitwa College Saint Martin Hanika riherereye mu murenge wa Macuba mu karere ka Nyamasheke, aho mu rukerera rwo kuri uyu wa 14 Kamena abanyeshuri bajye gusubira mu masomo, bagasanga mugenzi wabo […]
The post Mu Rwanda: umunyeshuri yaryamye ari muzima bucya yitabye Imana appeared first on YEGOB.
Powered by WPeMatico