Browsing: Utuntu n’utundi
Umugabo yongeye gutuma abantu batekereza ko hari abagifite umutima mwiza nk’uwa yesu wo kwemera kwitangira umuntu ku makosa ye cyangwa…
Hari abagabo bashaka abagore bagasanga baracyari amasugi cyangwa se batarigeze baryamana n’undi mugabo uwari we wese ,ibi biba ikibazo umugabo…
Umugabo ukiri muto wo muri Nigeria yagaragaye asimbuka inyubako ya etaje nyuma yo kumenya ko nyirurugo agarutse mu rugo kandi…
Umukobwa w’umupolisikazi ukomoka mu gihugu cya Kenya akomeje gutuma abagabo bifuza gufungirwa aho akora nyuma y’amafoto agaragaza uburanga bwe yashyize…
Umugabo mu gihe cya Guma mu rugo, yatijwe inzu n’umjryango wari ubanye mu mahoro hanyuma uwatijwe inzu ajya mu cyumba…
Bamwe mu banyarwanda baca umugani ngo “Umuturanyi mubi arutwa n’ikigunda” ibi nibyo abantu bemeje kuva babonye umuntu yarapfiriye iwe arabora…
Nkuko bisanzwe, umuntu atwita kandi akabyara umuntu gusa ariko muri kimwe mu bihugu by’iburayi haravugwa inkuru y’umubyeyi wabyaye inkende. Yagiye…
Couple ya Theo na Devote ikomeje kubera urugero rwiza andi ma couple y’abakundana dore ko devota yabanje kugira ubwoba ko…
Umukinnyi wa filimi uri mu batangiye sinema nyarwanda aho yagaragye muri filime kanyombya iri muri filime nyarwanda zaje mbere ndetse…
Umuhungu yasabye umukobwa ko yamusohokana muri hotel iherereye Lagos bakaganira byimbitse ndetse bakanasangira, umukobwa nk’uko yamukundaga kandi nawe akumva ntacyo…
Umuhanzi Muyomba Thomas uzwi nka Tom Close yazamuye amarangamutima y’abafana be ubwo yashyiraga hanze ifoto igaragaza cyera akiri umwana akikijwe…
Umuhanzi The Ben yananiwe guhisha amarangamutima ye nyuma yo kubona ifoto ya fiancée we, Miss Pamella. Ni nyuma yuko Miss…
Umubyeyi witwa Mukagakwerere Marthe yatangaje ko amaze imyaka 5 n’amezi ane atwite inda yanze kuvuka,akaba ari inda y’amayobera yatumye n’abaganga…
Ku rubuga rwa instagram hasakajwe ifoto ya Mimi Ali, umugore wa Meddy nuko umwe mu bafana ba Meddy wayibonye asaba…
Yolo The Queen yakoreye igikorwa cyuje ubumuntu n’urukundo umwe mu bafana be wamusabye ubufasha nyuma yo kumubwira ko arwaje Mama…
Umukobwa w’inkumi yihandagaje maze yandika ku mbuga nkoranyambaga avuga ko kuri ubu ari mu gahinda nyuma yo kuryamana n’umukunzi we…